Latest News

UMUBYEYI WA WA THACIEN TITUS AGIYE ASIZE ABANA 145 BOSE, EV NYIRAPASIKA IMANA IRAMUKORESHEJE

Ku mugoroba wo kuwa 3 gicurasi nibwo humvikanye inkuru y’ incamugogo ivuga ko umubyeyi w’ umuhanzi Thacien Titus ariwe Kamugundu Zachée yitabye Imana azize uburwayi yaramaranye iminsi ku myaka 98 kuko yavutse mu 1928.

KWIHA IMPANO YO KUBABARIRA

Abantu benshi kandi batandukanye bagize icyo bavuga, bashaka gusobanura imbabazi icyo ari cyo. Uwitwa Lewis B. Smedes avuga ko kubabarira ari ukurekura imbohe (imfungwa) no gusobanukirwa neza ko imfungwa yari wowe ubwawe.

UMURAMYIKAZI SHARON GETETE NI MUNTU KI? SOBANUKIRWA BYINSHI UTARUZI KU BUZIMA BWE

SHARON Gatete ni umuhanzikazi ukizamuka uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Yavukiye mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Kacyiru ho mu Mujyi wa Kigali.

ESE KOKO KIRAZIRA KU BAKRISTO KUMVA INDIRIMBO Z’ IBISHEGU?

Ni kenshi uzasanga abakristo bamwe na bamwe barahisemo kutumva indirimbo z’abahanzi, zivuga ubutumwa butarimo Imana ahanini uzasanga zishigiye ku bikorwa byamamaza ubusambanyi, ubupfumu, ubukonikoni n’ibindi. Nonese tubashime tuvuge ko bari mu nzira y’ukuri? Reka turebere hamwe icyo Bibiliya ibivugaho.

WASAC Igiye Kubaka Bundi Bushya Ikimoteri Cya Nduba

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n'isukura WASAC cyavuze ko kigiye gutangira kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba bitewe n'uko imyanda ikimenwamo yarenze ubushobozi bwacyo.

Inzu Zisaga 250 Zigiye Kubakirwa Abibasiwe N’ibiza I Karongi Na Rutsiro

Leta y’u Rwanda igiye kubaka inzu 252 zizatuzwamo imiryango yasenyewe n’ibiza byibasiye ibice bitandukanye by’Igihugu by’umwihariko Uturere twa Karongi na Rutsiro muri Gicurasi 2023.

IMPANO YO KUBABARIRA

Impano (cadeau cg gift mu ndimi z’amahanga) yo kubabarira ni ukubabarira abatubabaje ari nabyo tuzasanga ko kubabarira abandi ari ukwibabarira natwe ubwacu no kwiga kwibabarira ubwacu igihe natwe twahemutse bikadutera ibibazo.