Latest News

Amafoto: Siporo Rusange Mu Mujyi Wa Kigali Yongeye Gusubukurwa

Nkuko bisanzwe mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali icyumweru cya mbere n’icyumweru cya gatatu buri gihe byahariwe gukora siporo rusange aho buri mutura Rwanda wese aba atumiwe muri iyo siporo.

U Rwanda Rwasinye Amasezerano Azatuma Rwakira Amarushanwa 3 Y'abakanyujijeho Muri Ruhago Ku Isi

Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere RDB binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda, cyasinyanye amasezerano n'Ikipe y'Umupira w'amaguru y'abakanyujijeho ku Isi, azatuma u Rwanda rwakira imikino y'abakanyujijeho ku Isi mu mupira w'Amaguru.

Politiki Mbi Ntikwiye Kuba Muri Siporo - Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko hakwiye kongerwa imbaraga mu gukumira politiki mbi yo kwikanyiza, ivangura n’amacakubiri kugira ngo itavangira siporo by’umwihariko umupira w’amaguru usanganywe indagagaciro z’ubumwe n’ubusabane hagati y’abatuye Isi.

U Rwanda Rwakiriye Inteko Rusange Ya FIFA

Kuri uyu wa Kane tariki 16 Werurwe 2023, U Rwanda rwakiriye inteko rusange y'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, ku nshuro yayo ya 7, ikaba ari ubwa kane yari ibereye by'umwiohariko ku mugabane wa Afurika.

U Rwanda Rutewe Ishema No Kwifatanya N’Isi Mu Gusigasira Umurage Wa Pele-Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame aratangaza ko u Rwanda rutewe ishema no kwifatanya n’Isi yose mu gusigasira umurage w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku Isi, Umunya-Brazil ufite inkomoko muri Afurika, Pele. Perezida Kagame yagaragaye mu kibuga akina umupira w’amaguru, uyu mukino Perezida Kagame yahuriyemo n’umuyobozi wa FIFA Gianni Infantino n’abandi bakanyujijeho muri ruhago, niwo wa mbere ukiniwe muri Stade ya Kigali, kuva yakitirirwa umunyabigwi muri ruhago, Pelé.

Perezida Kagame Yahawe Igihembo Cy'indashyikirwa Mu Guteza Imbere Umupira W'amaguru

Perezida Paul Kagame aratangaza ko umupira w'amaguru ari Siporo y'ingirakamaro mu mibereho y'Abanyarwanda, bityo ko u Rwanda rutazahwema kuwuteza imbere.

Urupfu Rwa Pele Umunsi Mubi Mu Isi Y'umupira W'amaguru

Umunya-Brésil, Edson Arantes do Nascimento wamamaye nka Pelé, ufatwa nk’umukinnyi wa mbere mwiza wabayeho mu mateka ya ruhago, yitabye Imana ku myaka 82, azize indwara ya kanseri.

logo_inverse11677109462.png