Latest News

Umusaruro W’ingamba Nshya Zo Gutwara Abagenzi Mu Mujyi Wa Kigali

Abatega imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri Kigali bavuga ko hari impinduka zigaragara mu gutwara abantu, ibi ngo biraterwa n'uko batagitinda mu nzira bitewe n'ingamba Leta yafashe zigamije gushyira ku murongo uburyo bwo gutwara abantu.

Amashanyarazi Ava Muri Gaz Metane Yatangiye Gukoreshwa

Mu gihe kuri ubu uruganda rutunganya Gaz Méthane mu Kivu rukayibyaza amashanyarazi rurimo gutanga Megawatt 37.5 mu zisaga 50 rugomba kohereza mu muyoboro mugari w'amashanyarazi, aho rwubatse Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu abaruturiye bavuga ko uretse kongera ingano y'amashanyarazi igihugu gikeneye rwatanze akazi.

PIASS YATANZE IMPAMYABUMENYI YABAYIRANGIJEMO MU CYICIRO CYA 2 N'ICYA 3 CYA KAMINUZA

Kuri uyu wa mbere, Kaminuza ya PIASS-Protestant institute of Arts and Social Sciences yatanze Impamyabumenyi ku banyeshuri bayirangijemo mu cyiciro cya 2 cya kaminuza mu mashami atandukanye harimo n'abarangije mu cyiciro cya 3 cya kaminuza mu ishami rya theology, abaharangije bakaba basabwe kuba icyitegererezo no kuzana impinduka zigamije guhanga imirimo mishya no gukomeza kurangwa indangagaciro za gikristo ku isoko ry'umurimo.

PIASS: TRIPLE ANNIVERSARY 1970-2023 (Pictures)

PIASS - Protestant Institute of Arts and Social Sciences celebrated its Triple anniversary from 1970-2023

Umuco Wo Kuzigama Waba Warihishe Abanyarwanda? Inyandiko Ya Dr MUNYANSANGA Olivier/Umwarimu Muri PIASS

Kuzigama ni kimwe mu bintu byibanze bikorwa kugira ngo umuntu agere kw’iterambere yifuza, kuzigama biragoboka, bikarinda umuntu kujya kuguza n’ingaruka zabyo.

Supporting Elderly Over 60 Years By Dr. MUNYANSANGA Olivier, Lecturer At PIASS

Rwanda’s population was 10.5 million people in 2012 and is projected to increase by more than 50% to 17.6 million by 2035 and double to about 22.1 million people by 2050.

Rutsiro: Batanu Batawe Muri Yombi Bazira Kunyereza Ibyagenewe Abakozweho N'ibiza

Ku cyumweru tariki 14 Gicurasi 2023, RIB yafunze abakozi batanu bo mu Karere ka Rutsiro bakurikiranyweho kunyereza ibyari bigenewe abagizweho ingaruka n'ibiza.