Articles

SOCIAL

UMUBYEYI WA WA THACIEN TITUS AGIYE ASIZE ABANA 145 BOSE, EV NYIRAPASIKA IMANA IRAMUKORESHEJE

Ku mugoroba wo kuwa 3 gicurasi nibwo humvikanye inkuru y’ incamugogo ivuga ko umubyeyi w’ umuhanzi Thacien Titus ariwe Kamugundu Zachée yitabye Imana azize uburwayi yaramaranye iminsi ku myaka 98 kuko yavutse mu 1928.

RELIGION

KWIHA IMPANO YO KUBABARIRA

Abantu benshi kandi batandukanye bagize icyo bavuga, bashaka gusobanura imbabazi icyo ari cyo. Uwitwa Lewis B. Smedes avuga ko kubabarira ari ukurekura imbohe (imfungwa) no gusobanukirwa neza ko imfungwa yari wowe ubwawe.

RELIGION

UMURAMYIKAZI SHARON GETETE NI MUNTU KI? SOBANUKIRWA BYINSHI UTARUZI KU BUZIMA BWE

SHARON Gatete ni umuhanzikazi ukizamuka uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Yavukiye mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Kacyiru ho mu Mujyi wa Kigali.

RELIGION

ESE KOKO KIRAZIRA KU BAKRISTO KUMVA INDIRIMBO Z’ IBISHEGU?

Ni kenshi uzasanga abakristo bamwe na bamwe barahisemo kutumva indirimbo z’abahanzi, zivuga ubutumwa butarimo Imana ahanini uzasanga zishigiye ku bikorwa byamamaza ubusambanyi, ubupfumu, ubukonikoni n’ibindi. Nonese tubashime tuvuge ko bari mu nzira y’ukuri? Reka turebere hamwe icyo Bibiliya ibivugaho.

HEALTH

WASAC Igiye Kubaka Bundi Bushya Ikimoteri Cya Nduba

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n'isukura WASAC cyavuze ko kigiye gutangira kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba bitewe n'uko imyanda ikimenwamo yarenze ubushobozi bwacyo.

SOCIAL

Inzu Zisaga 250 Zigiye Kubakirwa Abibasiwe N’ibiza I Karongi Na Rutsiro

Leta y’u Rwanda igiye kubaka inzu 252 zizatuzwamo imiryango yasenyewe n’ibiza byibasiye ibice bitandukanye by’Igihugu by’umwihariko Uturere twa Karongi na Rutsiro muri Gicurasi 2023.

SOCIAL

IMPANO YO KUBABARIRA

Impano (cadeau cg gift mu ndimi z’amahanga) yo kubabarira ni ukubabarira abatubabaje ari nabyo tuzasanga ko kubabarira abandi ari ukwibabarira natwe ubwacu no kwiga kwibabarira ubwacu igihe natwe twahemutse bikadutera ibibazo.

SOCIAL

Recalling Active Listening Towards Healing /Dr Olivier Ndayizeye Munyansanga (PhD University Of Geneva) Lecturer At PIASS

The loss of active listening is the most common challenge the world is facing from family to big institutions and from elementary schools to universities while it builds trust, strong relationships and success. Judaism and Christianity confirm that promoting active listening prevents and resolves conflicts.

HEALTH

IBIMENYETSO 10 BYAKWEREKA KO USHOBORA KURWARA KANSERI

Twese dutekereza ko dukunda ubuzima ariko ugasanga,rimwe na rimwe ari tutabwitaho uko bikwiye. Igihe kinini twirengagiza uburwayi bworoheje bwa hato na hato tugira, kandi hari igihe buba butuburira ko hari indwara ikomeye ishobora kuza, ari nako bigenda kuri kanseri.

HEALTH

SAMU Yashyize Imbangukiragutabara Mu Duce 16 Two Muri Kigali Ziteguye Gutabara

Nyuma yo kunoza imikorere y’imbangukiragutabara zizwi nka SAMU abaturage barishimira ko kuri ubu zigera ku bazitumije mu buryo bwihuse. Na ho Ikigo gishinzwe Ubuzima RBC kikavuga ko umubare w’abatabarwa ku gihe ubu ugeze hejuru ya 65% uvuye munsi ya 30%.

SOCIAL

Kigali: Abatwara Amakamyo Ntibishimiye Kubakumirwa Mu Mihanda Mu Masaha Amwe N’amwe

N'ubwo abagenzi bamwe bishimiye kuba amakamyo n'imodoka z'imizigo zigira amasaha zibabisa, abatwara izi modoka baravuga ko babagamiwe bakaba bifuza ko inzego zibishinzwe zashaka uburyo bwo gusaranganya imihanda ihari.

SOCIAL

Perezida Kagame Yakiriye Abambasaderi Bashya 7

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera abambasaderi 7 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.