Latest News

WASAC Igiye Kubaka Bundi Bushya Ikimoteri Cya Nduba

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n'isukura WASAC cyavuze ko kigiye gutangira kubaka bundi bushya ikimoteri cya Nduba bitewe n'uko imyanda ikimenwamo yarenze ubushobozi bwacyo.

Inzu Zisaga 250 Zigiye Kubakirwa Abibasiwe N’ibiza I Karongi Na Rutsiro

Leta y’u Rwanda igiye kubaka inzu 252 zizatuzwamo imiryango yasenyewe n’ibiza byibasiye ibice bitandukanye by’Igihugu by’umwihariko Uturere twa Karongi na Rutsiro muri Gicurasi 2023.

IMPANO YO KUBABARIRA

Impano (cadeau cg gift mu ndimi z’amahanga) yo kubabarira ni ukubabarira abatubabaje ari nabyo tuzasanga ko kubabarira abandi ari ukwibabarira natwe ubwacu no kwiga kwibabarira ubwacu igihe natwe twahemutse bikadutera ibibazo.

Recalling Active Listening Towards Healing /Dr Olivier Ndayizeye Munyansanga (PhD University Of Geneva) Lecturer At PIASS

The loss of active listening is the most common challenge the world is facing from family to big institutions and from elementary schools to universities while it builds trust, strong relationships and success. Judaism and Christianity confirm that promoting active listening prevents and resolves conflicts.

IBIMENYETSO 10 BYAKWEREKA KO USHOBORA KURWARA KANSERI

Twese dutekereza ko dukunda ubuzima ariko ugasanga,rimwe na rimwe ari tutabwitaho uko bikwiye. Igihe kinini twirengagiza uburwayi bworoheje bwa hato na hato tugira, kandi hari igihe buba butuburira ko hari indwara ikomeye ishobora kuza, ari nako bigenda kuri kanseri.

SAMU Yashyize Imbangukiragutabara Mu Duce 16 Two Muri Kigali Ziteguye Gutabara

Nyuma yo kunoza imikorere y’imbangukiragutabara zizwi nka SAMU abaturage barishimira ko kuri ubu zigera ku bazitumije mu buryo bwihuse. Na ho Ikigo gishinzwe Ubuzima RBC kikavuga ko umubare w’abatabarwa ku gihe ubu ugeze hejuru ya 65% uvuye munsi ya 30%.

Kigali: Abatwara Amakamyo Ntibishimiye Kubakumirwa Mu Mihanda Mu Masaha Amwe N’amwe

N'ubwo abagenzi bamwe bishimiye kuba amakamyo n'imodoka z'imizigo zigira amasaha zibabisa, abatwara izi modoka baravuga ko babagamiwe bakaba bifuza ko inzego zibishinzwe zashaka uburyo bwo gusaranganya imihanda ihari.