Rwanda’s population was 10.5 million people in 2012 and is projected to increase by more than 50% to 17.6 million by 2035 and double to about 22.1 million people by 2050.
Ku cyumweru tariki 14 Gicurasi 2023, RIB yafunze abakozi batanu bo mu Karere ka Rutsiro bakurikiranyweho kunyereza ibyari bigenewe abagizweho ingaruka n'ibiza.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yijeje Abanyarwanda ko igihugu kizatsinda ibiza nkuko cyatsinze ibindi bibazo.
Inteko rusange y’Umutwe w'Abadepite yemeje umushinga w'ivugurura ry'itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda watangijwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali mu bice bigaragara ko byashyira ubuzima bwabo mu kaga (Amanegeka) batangiye kwimuka nyuma yo kubona ko inzu bari batuyemo zatangiye kugaragaza ibimenyetso byo gusenyuka kubera imvura, ahandi hakaba hatangiye kumanuka itaka n’imicanga ku buryo bemeza ko igihe icyaricyo cyose bishobora gutwikira inzu zabo.
Perezida wa Angola Joao Lourenço avuga ko nubwo umutwe wa M23 wahagaritse imirwano ndetse ukava no mu duce hafi ya twose wari warafashe, ku rundi ruhande leta ya Kongo ikomeje kugenda biguntege mu kubahiriza ibikubiye muri gahunda ya Luanda.
Abiga mu mashuri ya Ecole d'Arts,Petit Seminaire de Nyundo ndetse na Lycee Notre Dame yari yashegeshwe n' imyuzure ya Sebeya barashima Leta yakoze iby' ibanze bishoboka byose none amasomo yasubukuye.