Latest News

UGURISHA IMANA HANO?

Umwana muto w'umukene ufite idorari yabajije buri duka kumuhanda, ati: "Ugurisha Imana?", Atekereza ko 'Imana' izafasha gukiza ibikomere bya nyirarume. Umunsi umwe, umwana muto w’imyaka icumi yafashe igiceri cy’idorari mu ntoki abaza umwe mubafite amaduka kumuhanda ati: "ugurisha Imana?" Umubitsi yibwiraga ko bishobora kuba ari urwenya asubiza oya maze yirukana umwana mu iduka.

UBURYO BWIZA BWO GUFATA IMITI

Wowe usoma ibi waba warigeze kurwara ukajya kwivuza bakakwandikira imiti ndetse bakakubwira n’inshuro ugomba kuyinywa. Ese waba uzi impamvu bakubwira kuyinywa inshuro imwe (1), ebyiri (2), eshatu (3), enye (4), cg mu bundi buryo ?

MENYA AMAKURU KU BIJYANYE NO GUSINZIRA KU MWANA W’AMEZI 3.5 N’ICYO WAMUFASHA

Umwana w’amezi hagati ya 3.5 na 6 aba afite byibura ibiro hagati ya 5-11. Ni ukuvuga ko aba afite imbaraga zihagije zo gutegereza hagati y'igihe yanywereye amata cg ibere n’igihe ari bwongere kubihererwa.

AMAHUGURWA Y’ABASHUMBA KU BURYO BWO GUHINDURA ABANTU ABIGISHWA NYAKURI BA YESU KRISTO: “ONE TO ONE DISCIPLESHIP”

Kuva ku wa 02 kugeza tariki 03 Ugushyingo 2021, mu kigo ISANO i Gikondo, habereye amahugurwa y’Abashumba b’Itorero Presibiteriyene mu Rwanda – EPR, bakorera umurimo w’Imana muri Kigali Presbytery. Intego nyamukuru y’aya mahugurwa yari ukurebera hamwe uburyo bwo guhindura abantu abigishwa ba Yesu Kristo. Uburyo bahuguweho ni ubwitwa “ONE TO ONE DISCIPLESHIP”, mu rurimi rw’icyongereza.

INTEGRAL MISSION IN CONTEMPORARY CONTEXT OF RWANDA

On 23rd August 2021 in a Roman Catholic hall of Saint Famille Hotel at Kigali, protestant church leaders from different denominations and theologians from different protestant universities in Rwanda meet for connecting theology and the word of God in local churches.

God With Us

I believe the prayer he made for the church and the one we often pray carries a lot of wisdom for us to glean from as to how we can rightly relate to our God.

AMAHAME 95 YA MARITINI LUTERI N’IVUKA RY’ABAPROTESTANI

Ku itariki ya 31 Ukwakira 1517, afite imyaka 34 y’amavuko, ni bwo Maritini Luteri (1483-1546), umupadiri wo mu muryango w’aba Ogustini, yamanitse amahame 95 (https://www.luther.de/en/95thesen.html) k’urugi rw’urusengero rw’I Wittenberg anenga imikorere itari myiza ya Kiliziya Gatolika y’i Roma. Wari umunsi usanzwe kuri Maritini Luteri, gusa yifuzaga ko ayo mahame asomwa n’abantu benshi kuko hari k’umunsi mukuru w’abatagatifu bose.