Latest News

Menya Ibyiza N’akamaro Ko Gusenga Utari Uzi

Benshi ni abakirisito mu madini anyuranye ni na bo benshi, abandi ni Abayisiramu, gusa ntitwakirengagiza ko hariho n’abandi nk’abizera idini gakondo, abadafite idini na rimwe babarizwamo, ababahayi, ababudisite, abahindu, Orthodox, abarangi n’abandi.

Amavubi Y’abatarengeje Imyaka 23 (U-23) Yageze Muri Libya Ku Munsi Akiniraho

Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 23 yageze muri Libya mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, amasaha make mbere yo gukina umukino ubanza wo gushaka itike y’Igikombe cy'Afurika kizaba mu mwaka utaha.

BNR Yavuze Ku Bikomeje Gutuma Haba Izamuka Ry'ibiciro Rikabije Mu Rwanda

Banki Nkuru y'u Rwanda yavuze ko izamuka ry'ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku bibazo by'ubukungu ku isi, kuko no mu Rwanda habayeho ikibazo cy'umusaruo muke mu rwego rw'ubuhinzi.

MINISANTE Yasabye Abaturarwanda Kuba Maso Bagakumira Ebola

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda no gukumira iki cyorezo kugira ngo kitagera mu Rwanda.

Ikibazo Cy'umutekano Muke Muri RDC Nticyakemurwa No Kwitana Ba Mwana-Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame asanga ikibazo cy'umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kitakemurwa no kwitana ba mwana kuko icyabuze ari ubushake bwa politiki bwo kurandura umuzi w'ikibazo nyir'izina.

Perezida Kagame Ari New York Mu Nteko Rusange Ya Loni

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yitabiriye inteko rusange ya 77 y'Umuryango w'Abibumbye.

Afurika Yongeye Gusaba Guhabwa Icyicaro Gihoraho Mu Kanama Ka Loni

Mu nama y'Inteko rusange ya 77 y'Umuryango w'Abibumbye, Afurika yongeye gusaba guhabwa icyicaro gihoraho mu kanama k'uwo muryango gashinzwe amahoro ku Isi ndetse no mu ihuriro ry'ibihugu 20 bikize ku Isi.