Latest News

AATEEA Concluded It’s 5th Quadrennial Conference Held In Rwanda

AATEEA and its members representing their countries have been in Rwanda for 5 days in a conference on the theme says:”Hope Renewed : Waiting Upon Lord in the New Normal.” Isaiah 40:31

Ubuzima: 80% By'indwara Z'amaso Zishobora Kwirindwa

Abaganga Bavura indwara zifata amaso bavuga ko 80% byazo zishobora kwirindwa bityo abantu basabwa kwita cyane ku buzima bw'amaso yabo.

Perezida Kagame Yakiriye Inyandiko Zemerera Belén Calvo Uyarra Guhagararira EU Mu Rwanda

Abashyikirije Perezida wa Repubulika Paul Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo n'imiryango mpuzamahanga mu Rwanda, biyemeje kubaka ubufatanye butajegajega, bugamije iterambere.

MINALOC Yasabye Abayobozi B'inzego Z'ibanze Baherutse Gutorwa Kwirinda Kwegura No Kweguzwa

Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu iravuga ko abayobozi b'inzego z'ibanze baherutse gutorwa bazasenyera umugozi umwe bagamije iterambere n'imibereho myiza y'abaturage, no kwirinda kwegura no kweguzwa bya hato na hato byaranze bamwe mu bababanjirije.

Imibare Y'abanyeshuri Bava Mu Mashuri Yigenga Bakajya Mu Mashuri Ya Leta Ikomeje Kwiyongera

Mu gihe hashize igihe gito ministeri y’uburezi itangaje ko hagiyeho ikiguzi kingana ku mashuri ya leta, kuri ubu haravugwa imibare y'abanyeshuri bava mu mashuri yigenga bakajya mu mashuri ya Leta ikomeje kwiyongera mu Mujyi wa Kigali.

Yasize Intama 99 Ajya Kureba Imwe Yazimiye- Cardinal Kambanda Yasomeye Misa Muri Gereza I Mageragere

Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yifatanyije n’imfungwa n’abagororwa muri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere, mu gitambo cya Misa no gutanga isakaramentu ryo gukomezwa ku bagororwa 23.

Perezida Wa Santarafurika Yakiriye Ku Meza Ingabo Z'u Rwanda

Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika ya Santarafurika Prof. Faustin Archange Touadéra na Madamu we bakiriye ku meza itsinda ry'abasirikare b'u Rwanda 200 bari muri iki gihugu kubw'amasezerano ibihugu byombi byagiranye. Ibi byabereye mu rugo iwe mu gace ka Damara muri Santarafurika.