Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ingamba zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 mu rwego rw’ubuzima n’urw’ubukungu, zatumye ubukungu bw'u Rwanda buzahuka uhereye mu 2021 no gukomeza mu mwaka wa 2022.
Imibare mishya yakusanyijwe mu ibarura rusange ry’abaturage ryabaye mu 2022 ikozwe n'ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare yagaragaje ko Abanyarwanda ubu ari 13,246,394, bavuye kuri miliyoni 10,5 bariho mu 2012.
We all find ourselves in a rut at times. Whether it’s in our relationships, our ministries, or our spiritual lives, we might be just sitting still and not moving toward the goals we’ve set for ourselves.
Abasenateri bagize Komisiyo ya Politike n’imiyoborere muri Sena, basabye abayobozi b’Akarere ka Gasabo kujya bongera kumenyesha abaturage igihe imishinga cyangwa ibyifuzo baba babijeje idakorewe igihe.
When everything in your life is falling apart, you can trust God’s promises.
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’amfaranga gifata ku musoro ku nyungu kinjije, hagamijwe kongera asubizwa abasora babyemerewe n'amategeko.
Ni iteraniro ryo gutangiza icyumweru cyo gusengera ubumwe bw'abakristo mu Rwanda, ni icyumweru gitegurwa n'umuryango wa bibiliya mu Rwanda (BSR) aho amatorero n’amadini n’imiryango bya gikristu ahurira hamwe agashishikarizwa kubumbatira ukwemera bahuriyeho.