Latest News

Abaguzi Baravuga Ko Hari Icyizere Bagenda Babona Cy'igabanuka Ry'ibiciro Ku Isoko

Bamwe mu baguzi n'abacuruzi bo hirya no hino ku masoko y'imbere mu gihugu, baravuga ko hari icyizere bagenda babona cy'igabanuka ry'ibiciro ku isoko, ibyo babishingira mu kuba Leta y'u Rwanda ko hari ingamba yagiye ifata mu guhangana n'iki kibazo.

Perezida Kagame Yahawe Igihembo Cy'indashyikirwa Mu Guteza Imbere Umupira W'amaguru

Perezida Paul Kagame aratangaza ko umupira w'amaguru ari Siporo y'ingirakamaro mu mibereho y'Abanyarwanda, bityo ko u Rwanda rutazahwema kuwuteza imbere.

Umurambo Wa Gen (Rtd) Gatsinzi Uherutse Kwitaba Imana Wageze Mu Rwanda

Kuri iki Cyumweru ni bwo umurambo wa Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uherutse kwitaba Imana wageze mu Rwanda, uvanywe mu gihugu cy’u Bubiligi aho yari arimo avurirwa.

Gen. Kabarebe Yasabye Urubyiruko Guharanira Kuba Intwari

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen. James Kabarebe yasabye urubyiruko guharanira kuba intwari kuko bafite abo bigiraho bahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Impungenge Ku Butaka Bwo Guhingaho Bukomeje Kubakwaho

Hari bamwe mu baturage, bagaragaza impungenge z’uko ubutaka buhingwaho bugenda bugabanuka kubera kugirwa imiturire.

Nyuma Yo Gutanga Umusaruro Gahunda Ya Mvura Nkuvure Igiye Kujyanwa Mu Tundi Turere

Inzobere mu buvuzi bw’indwara zo mu mutwe zisanga hakwiye gushyirwaho uburyo bwihariye bwo gufasha urubyiruko kuko narwo ruri mu nzego zibasiwe n’ihungabana riterwa n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Ubuzima: Intara Y'Amajyepfo Iza Ku Mwanya Wa Mbere Mu Kugira Abaturage Banywa Itabi

Hari abaturage bo mu Ntara y'Amajyepfo bavuga ko bigoye kureka itabi kuko ngo baba barabitangiye bakiri bato. Ibi barabivuga mu gihe ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y'Ubuzima (MINISANTE) bugaragaza ko mu myaka itanu ishize Intara y'Amajyepfo yaje ku mwanya wa mbere mu gihugu mu kugira abaturage benshi banywa itabi.