Latest News

Minisitiri W’Intebe Yasabye Abanyarwanda Kwirinda Politiki Y’urwango

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye Abanyarwanda kwirinda Politiki mbi bakunga ubumwe mu kubaka Igihugu cyabo, ubwo yifatanyaga n’abakozi b’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Minisiteri y’Ubutabera, Minisiteri y’Ibikorwaremezo na Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe Ivugururwa ry’Amategeko, mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

IKIGO CY’IGIHUGU GISHINZWE UBUGENZUZI BW’IMITI N’IBIRIBWA FDA CYAFUNZE INGANDA 5 ZITUNGANYA AMAZI.

Amashami y’inganda zafunzwe harimo ay'uruganda rwa Aqua water Ltd, uruganda rwa Jibu Ltd, uruganda rwa Perfect water Ltd, uruganda rwa Iriba Ltd n’uruganda rwa SIP Kicukiro Ltd

INAMA YA CHOGM YATANGIJWE KUMUGARAGARO,Perezida Kagame Atanga Ikaze Kubitabiriye Inama Ya CHOGM 2022

Kuri uyu wa gatanu nibwo hatangijwe ku mugaragaro inama y’abakuru b’ibihugu naza guverinoma bigize umuryango wa Commonwealth (CHOGM).

MENYA AMWE MU MATEKA Y’UMURYANGO WA COMMONWEALTH NI INKOMOKO YA CHOGM U RWANDA RWAKIRIYE UYU MWAKA WA 2022

Umuryango wa Commonwealth ni umwe mu mashyirahamwe ya politiki amaze igihe ku isi. Inkomoko yawo ituruka ku Bwami bw'Ubwongereza, igihe ibihugu bimwe byo ku isi byakoronizwaga n’Ubwongereza.

Ibintu 17 Utaruzi Ukeneye Kumenya.

Ni kenshi abantu bibaza ku byo babona, bakibaza impamvu byabayeho cyangwa bimwe bikabaho ntibamenye ko biriho! Uyu munsi, twabahitiyemo bicye muri byinshi abahanga ndetse n'abashakashatsi bagiye bavumbura mu bushakashatsi bagiye bakora ku mibereho y'abantu no mu buzima bwa buri munsi.

Inkuru Y’abagore 4

Cyera habayeho umutunzi wari ufite abagore bane. Yakundaga umugore we wa kane kurusha abandi kuko yakundaga kumurimbisha imyambaro y’agaciro agakunda no kumwitaho cyane, ku buryo nta kintu atamuhaga.

NTA KARANDE N’INYATSI BIBAHO KU MUKRISTO: KARANDE N’INYATSI NI UKUTUMVIRA NO KWIMA IMANA IBYAYO

Karande ni iki? Karende ni umuvumo/imivumo ikurikirana umuntu iturutse ku babyeyi be, aho usanga iyo mivumo iba nk’uruherererkane. Urugero, hari imiryango usanga abakobwa bawukomokamo babyara mbere yo gushaka, indi miryango usanga irimo uruhererekane ry’abajura, abasinzi, abarozi, abicanyi. . .