Latest News

Irebere Urutonde Rw'abanyeshuri Bahize Abandi Mu Bizamini Bya Reta.

Nyuma y'inkuru twabagejejeho y'itangazwa ry'amanota , Ku barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abanyeshuri bakoze ibizamini ni 126,735. Abatsinze ni 108, 566, bahwanye na 85.66%. Abatsinzwe ni 18,469, bahwanye na 14.34%.

MINISANTE Irimo Kugenzura Niba Imiti Yifashishwa Mu Kuvura Malariya Yaba Itakiyishoboye

Mnisiteri y'Ubuzima iravuga ko irimo gukurikiranira hafi niba imiti yifashishwa mu kuvura Malariya yaba itakiyishoboye, kugira ngo hagire igikorwa mu maguru mashya.

90% Batsinze Ibizamini Bisoza Amashuri Abanza

Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y'Uburezi yatangaje amanota y'ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n'icyirico rusange cy'amashuri yisumbuye.

Abanyarwanda Basabwe Kudakurwa Umutima N'icyorezo Cya Ebola

Minisiteri y'ubuzima ivuga ko kuva ku itariki 20 z'uku kwezi kwa cyenda, bimenyekanye ko mu gihugu cya Uganda hagaragaye Ebola mu gace ka Mubende, yahise itangira gukurikirana iby'iki kibazo no gufata ingamba zo gukumira.

Ifunguro Rya Mu Gitondo Ni Ingenzi Ku Buzima

Ifunguro ufata mu gitondo ukibyuka niryo funguro ry’ibanze kandi rifite akamaro cyane ku munsi.

Menya Ibyiza N’akamaro Ko Gusenga Utari Uzi

Benshi ni abakirisito mu madini anyuranye ni na bo benshi, abandi ni Abayisiramu, gusa ntitwakirengagiza ko hariho n’abandi nk’abizera idini gakondo, abadafite idini na rimwe babarizwamo, ababahayi, ababudisite, abahindu, Orthodox, abarangi n’abandi.

Amavubi Y’abatarengeje Imyaka 23 (U-23) Yageze Muri Libya Ku Munsi Akiniraho

Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 23 yageze muri Libya mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, amasaha make mbere yo gukina umukino ubanza wo gushaka itike y’Igikombe cy'Afurika kizaba mu mwaka utaha.