Latest News

Recalling Active Listening Towards Healing /Dr Olivier Ndayizeye Munyansanga (PhD University Of Geneva) Lecturer At PIASS

The loss of active listening is the most common challenge the world is facing from family to big institutions and from elementary schools to universities while it builds trust, strong relationships and success. Judaism and Christianity confirm that promoting active listening prevents and resolves conflicts.

Kigali: Abatwara Amakamyo Ntibishimiye Kubakumirwa Mu Mihanda Mu Masaha Amwe N’amwe

N'ubwo abagenzi bamwe bishimiye kuba amakamyo n'imodoka z'imizigo zigira amasaha zibabisa, abatwara izi modoka baravuga ko babagamiwe bakaba bifuza ko inzego zibishinzwe zashaka uburyo bwo gusaranganya imihanda ihari.

Perezida Kagame Yakiriye Abambasaderi Bashya 7

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera abambasaderi 7 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

BIMWE MU BYO WAKORA NGO UGIRE UMUBANO MWIZA N’UMWANA

Umubano mwiya hagati y’abana n’ababyeyi ni ingenzi cyane kugira ngo ubuzima burusheho kuba bwiza. Ababyeyi iyo umubano wacu n’abana utagenda neza turabimenya ariko kubera inshingano nyinshi dufite tukabyirengangiza, ntitubihe agaciro cyan, tukavuga ko wenda igihe kizabikemura.

RURA Irasaba Abaturage Kwiyandukuzaho Simcard Zibabaruyeho Ariko Badakoresha

Urwego rw'igihugu ngenzuramikorere RURA, rurakangurira abaturage kwiyandukuza kuri SimCards bibarujeho ariko bakaba batakizikoresha, kuko bizabafasha kwirinda ingaruka zitandukanye zishobora guterwa n'ikoreshwa ry'izi Sim Cards mu buryo butanoze.

Umusaruro W’ingamba Nshya Zo Gutwara Abagenzi Mu Mujyi Wa Kigali

Abatega imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri Kigali bavuga ko hari impinduka zigaragara mu gutwara abantu, ibi ngo biraterwa n'uko batagitinda mu nzira bitewe n'ingamba Leta yafashe zigamije gushyira ku murongo uburyo bwo gutwara abantu.

Amashanyarazi Ava Muri Gaz Metane Yatangiye Gukoreshwa

Mu gihe kuri ubu uruganda rutunganya Gaz Méthane mu Kivu rukayibyaza amashanyarazi rurimo gutanga Megawatt 37.5 mu zisaga 50 rugomba kohereza mu muyoboro mugari w'amashanyarazi, aho rwubatse Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu abaruturiye bavuga ko uretse kongera ingano y'amashanyarazi igihugu gikeneye rwatanze akazi.

log.png